in ,

Ikipe ya Chelsea na Manchester United zigiye gukorera ubugambanyi bukomeye indi kipe ikomeye(iyumvire)

Amakipe akomeyeyo mu gihugu cy’ubwongereza cyane cyane ikipe ya Chelsea na Manchester United zakomeje kugaragaza ko zifuza bidasanzwe ba myugariro b’ikipe ya Totthenham Hotspurs ariko ikipe ya Manchester City niyo yonyine yabashije kugura umwe muri ba myugariro b’iyi kipe ariwe Kyle Walker, gusa undi mugambi wamaze gucurwa hagati ya Chelsea na Manchester United kuburyo imwe murizo igomba kwibikaho undi musore w’iyi kipe.Tottenham Hotspur v Chelsea - Premier League

Aya makipe yombi nkuko tubikesha ikinyamakuru The Telegraph akaba yamaze kohereza Bid ku mukinnyi w’ikipe ya Totthenham Hotspurs umubirigi Toby Aldeweird. Uyu musore ugaragaza impano idasanzwe mu kugarira ndetse  akanatsinda akaba yifuzwa bikomeye n’aya makipe kuburyo ikipe ya Chelsea yatanze Bid ya Miliyoni 50 z’amapound mu gihe ikipe ya Manchester United yatanze iya Miliyoni 48 z’amapound ndetse umuvugizi wayo akaba yatangaje ko uyu mukinnyi ishaka kuzajya imuhemba ibihumbi 240 by’amapound. Aya makipe yombi nkuko The Telegraph yabitangarijwe n’abavugizi bayo, bibaye bikunze uyu mukinnyi yakwerekeza muri imwe muri aya makipe mu kwezi kwa mbere. Tukaba dutegereje kureba ikizakurikiraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Paul Pogba yashyize ejo hazaza he mw’ikipe ya Man Utd mu kaga nyuma yo gusuzugura BIKOMEYE Jose Mourinho (IMPAMVU)

Reba hano ifoto igaragaza igikorwa Messi n’umugore we bakoze bigatangaza isi yose