in

Ikipe ya APR FC iri gutera iza mashimwe nyuma y’umukinnyi wayo wagarutse n’ibyishimo bikomeye afite intego yo guhesha igikombe iyi kipe

Ikipe ya APR FC iri gutera iza mashimwe nyuma y’umukinnyi wayo wagarutse n’ibyishimo bikomeye afite intego yo guhesha igikombe iyi kipe

Ikipe ya APR FC yatangiye imyitozo yitegura Shampiyona igomba gusubukurwa tariki 24 Ukwakira 2023 nyuma y’imikino ikipe y’igihugu y’u Rwanda irimo gukina yo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi.

Iyi myitozo ikipe ya APR FC yayitangiye irimo na rutahizamu wayo Sharaf Eldin Shaiboub wari umaze igihe atagaragara mu bandi bakinnyi b’iyi kipe y’ingabo z’igihugu.

Ikipe ya APR FC kugeza ubu iri ku mwanya wa 2 w’agateganyo wa Shampiyona aho ikurikiye ikipe ya Musanze FC harimo ikinyuranyo cy’amanota 2. Izi zose zikurikiwe na Rayon hamwe na Police FC.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kera kabaye umuherwekazi Alliah Cool yerekanye umusore we wari utegerejwe na benshi -IFOTO

Youseff Rharb yongeye guteza urunturuntu muri Rayon Sports nyuma y’ibyo umutoza yabwiye abayobozi akimara kubona bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe bibagiwe inshingano