in ,

Ikipe ya APR FC inaniwe gutsinda Mukura Victory Sports yari iri kurya amafiriti n’akaboga

Ikipe ya APR FC inaniwe gutsinda Mukura Victory Sports yari iri kurya amafiriti n’akaboga

Ikipe ya APR FC yatangiye ishaka kongera gutsinda umukino wa gishuti wa kabiri nyuma yo gutsinda ikipe ya Marine FC ibitego 3-1.

Ikipe ya APR FC yakomeje kugenda ishakisha igitego binyuze mu basore bayo bakomeye barimo Shaiboub, Mbaoma ndetse n’abandi batandukanye bayitahira bizamu.

Abafana b’ikipe ya APR FC bifuzaga ikipe yabo ko itsinda nyuma yo kubona ikipe ya Mukura Victory Sports isanzwe ibagora cyane haba muri Shampiyona ndetse no mu bindi bikombe bahuriramo ariko ntibyagenda neza umukino urangira ari 0-0.

Uyu mukino wabaye ikipe ya Mukura Victory Sports yari irimo kwizihiza imyaka 60 imaze ibayeho ariko ikipe ya APR FC nayo ikomeza kwitegura neza imikino ya CAF Champions League.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bari gushimisha abafana! Abanyamakuru Robert Ngabo na Faustinho bari kuyobora ibirori by’umunsi w’Igikundiro bigaragaje muri Kigali Pele Stadium – AMAFOTO

Barafana ukagirango ni abanyaburayi! Amashusho y’imifanire ya ba Rayon akomeje gutitiza imbuga nkoranya mbaga