in

“Ikipe nkuru iba ari nkuru” APR FC igeze ikirenge mucya Arsenal ikora ibitangaza ku munota wanyuma

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2023 nibwo shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yari yakomeje ku munsi wa 17 mu mikino igiye itandukanye.

Umukino waberaga kuri sitade ya Muhanga wahuzaga ikipe ya Kiyovu Sport na APR FC urangiye ikipe ya APR FC ibabaje kipe ya Kiyovu Sport ku munota wanyuma w’umukino.

Ni umukino waranzwe no guhangana ku mpande zombi ariko birangira ikipe ya APR FC yeretse Kiyovu Sport ko ari ikipe nkuru iyitsinda ibitego 3:2.

Ni igitego cya 3 cyije ku munota wanyuma aho bari bananirankwe banganyije ibitego bibiri kuri bibiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ifoto ya Bruce melodie yatitije imbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga ko yifotoreje ku nzu ya Perezida wa USA ‘White House’

Amafoto y’indobanure ya Nelly wabengeye umusore kwa Makuza ubwo yamutereraga ivi