in

Ikimero n’imiterere bya Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan byongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)

Nimwiza Meghan wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yagize isabukuru y’amavuko kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Ukwakira 2023.

Meghan yavutse tariki ya 10 Ukwakira 1998 avukira mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gikondo kugeza ubu akaba yujuje imyaka 25.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Bingana no kunywa amasegereti arenga 600 ku mwaka” Abanyeshuri biga mu mujyi wa Kigali mu mashuri abanza bagatwarwa mu modoka bahumeka umwuka wanduye biteye ubwoba

Amatako yose yari hanze! Soleil wo muri filime ya Bamenya yashyize hanze amafoto yambaye umwambaro w’ikipe ya Rayon Sports n’agakabutura kagufi cyane amatako yose ari hanze – AMAFOTO