Ku munsi w’ejo tariki ya 12 Kanama 2022, Rosine Bazongere wamamaye cyane muri sinema hano mu Rwanda yashyize hanze amafoto agaragaza ikanzu yari yambaye igaragaza ibibero bye.


Nyuma yuko aya mafoto agiye hanze, bimwe mu bitekerezo byatanzwe n’abafana ba Rosine bayabonye bagarutse cyane kuri iyi kanzu ye yerekanaga ibibero bye.


