in

Ikamyo ya Bralirwa yari ipaki inzoga yafashwe n’inkongi y’umuriro

Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru nibwo ikamyo ya BRALIRWA yari ipakiye inzoga yafashwe n’ikongi y’umuriro.

Ibi bikaba byabereye mu Murenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, ubwo iyo kamyo yaturukaga mu Karere ka Rubavu ipakiye inzoga zo mu bwoko bwa Mutzig yerekeza i Kigali.

Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko iyo mpanuka yatewe n’ipine ryaturitse, ibishashi by’umuriro bikongeza ikamyo,gusa Polisi ikaba yahise itabara, izimya iyo nkongi, irokora bimwe mu byari biri muri iyo modoka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: umukecuru bamufashe asambanya umugabo w’abandi yanga kumuva hejuru

Butera knowless yahishuye ikibazo umwana we aherutse kumubaza cyamubabaje (video)