in

Ijisho ryahindutse VAR! Abafana ba APR FC bifashishije amaso yabo nka (VAR) banga kwemera uburyo ki bibwemo igitego kandi bari bari bakibariye – Nawe reba amashusho utubwire

Iki yahano u Rwanda APR FC yanganyije na Pyramids FC yo mu misiri ubusa ku busa mu mukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League.

Ni umukino waranzwe n’ishyaka ku makipe yombi aho APR FC yaje kubona uburyo bikomeye mu give cyambere ariko umupira ukaza gukurirwaho ku murongo n’umukinnyi wa Pyramid FC.

Gusa amashusho ari gucicikana kumbuga nkoranyambaga zidandukanye hakomeje kwibazwa niba umupira wari wageze mu izamu ariko urebye neza ubonako utagezemo nk’uko abafana ba APR FC nabo babyiyemerera.

Umukino wo kwishyura uzabera i Cairo Ikipe y’Ingabo (APR FC) izaba isabwa gutsinda cyangwa kunganya ariko yinjije igitego.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ingwe yiyuburuye! Umuhanzi The Ben yerekanye ibyo benshi batari bamuziho ku mubiri we maze Abarundi bikangamo -AMAFOTO

Nawe yarariyo afashe iry’iburyo! Miss Nyambo yasutse amarangamutima ku ikipe akunda cyane ubwo yari iri kotswa igitutu hafi kujya mu kibuga -AMAFOTO