in ,

IFOTO y’abakinyi ba Real Madrid bari gusetsa bikabije Lionel Messi mu birori byo guhemba umukinnyi witwaye neza yashimishije abakunzi ba Ruhago aho bava bakagera

Abakinnyi bose bari bishimye cyane

Mu birori byo guhemba umukinnyi witwaye neza kw’Isi gitangwa na FIFA cyitwa THE BEST cyahembwe Cristiano Ronaldo kubera saison nziza yagize yahesheje ikipe ye ya Real Madrid Champions League ya 2 ikurikirana ndetse na La Liga,mu gihe cyo gutora ikipe yitwaye neza kw’isi yose byari ibyishimo ku bakinnyi bose utitaye amakipe bakinamo.

Abakinnyi 11 b’ikipe y’umwaka ya FIFA nta kabuza yagaragayemo Buffon,Marcelo,Ramos,Alves,Modric,Iniesta,Kroos,Neymar,Messi,Cristiano Ronaldo bidashidakanywaho ko bitwaye neza kurusha abandi bose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Asinah yandagajwe BIKOMEYE n’umufana we udashyigikiye ubusa uyu mukobwa akomeje kwiyambika nyuma yo kwambara akenda karutwa no kutambara

Nyuma y’amezi atari make ari mu Rwanda, The Ben yasubiye muri Amerika