in

Ifoto bivugwa ko ari iya Kayishema Tïty Thierry afite imyaka 14 ikomeje gutangaza benshi 

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira ifoto y’umwana wu muhungu bivugwa ko ubu ashobora kuba ari umusitari.

Iyi foto yasangijwe ku rubuga rwa twitter, umuntu wayishyizeho yabazaga niba hari umuntu waba uzi uwo musitari.

Abantu benshi bakomeje kwemeza ko uyu ari Kayishema Tïty Thierry bitewe nuko basa neza.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nawe ubwe ntambyumva! Rayvanny yatangaje akayabo k’amamiriyoni amaze gukoresha mu minsi irindwi

Abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports bakomeje kwinubira mugenzi wabo kubera ikintu ubuyobozi bw’iyi kipe bwamukoreye ntibabyishimire