Mu karere ka Huye ho hakunze kugaragara ko abantu baho bakunda umupira ku rwego rwo hejuru, bongeye kwishimira cyane umusaza ugendera mu kagare wemeye kuza kureba umukino wa AS Kigali.
Akenshi imikino itandukanye ikunze kwitabirwa n’abandi badafite ubumuga gusa ariko uyu musaza yatumye benshi biyumvamo ko n’umuntu ufitr ubumuga ubwo aribwo bwose ntaho akwiye guhezwa.
Umukino watangiye AS Kigali itsinze igitego kimwe ku busa mu gihe ku munota wa 24, Man Ykre yarase penalite.
Dore ifoto y’uwo musaza;
