in ,

Ifoto umuhanzikazi w’icyamamare mu rwanda,asomana, aryamanye ndetse anakora ibintu by’abakuze n’umusore ikomeje guca ibintu

Uwase Deborah umaze kumenyekana cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Marina nta kindi kiri gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga usibye ifoto ye ahana igisomyo n’umusore bigeze gukundana mu minsi yashize. Iyi foto ya Marina bikaba biri kuvugwa ko yakwirakwijwe n’umuraperi Edsha wigeze gukundana n’uyu mukobwa mbere y’uko aterwa gapapu (akurwamo) na The Ben nk’uko uyu musore yigeze kubyivugira.Ifoto ya Marina aryamanye n’umuraperi...

Mbere y’uko izina rya Marina ritangira gutumbagira cyane mu itangazamakuru muri uyu mwaka kubera indirimbo ze zikunzwe yabanje gukundana igihe kirekire n’umuraperi Edsha ataramenyekana. Biravugwa ko urukundo rw’aba bombi rwajemo agatotsi ubwo The Ben yazaga mu Rwanda mu minsi yashize akiyegereza uyu mukobwa cyane ndetse hagacicikana n’amafoto ye ubona ko harimo akantu.

Iyi ni ifoto yashyizwe hanze Edsha ari mu buryohe bw’urukundo na Marina

Ngo Marina yabwiraga Edsha ko nta kindi kibyihishe inyuma uretse ko yifuzaga kwiyegereza The Ben nk’umuntu wamugira inama mu muziki we ndetse bagakorana n’indirimbo.

Edsha ngo yaje kubona ibintu byararenze ubujyanama ahubwo byarajemo ubucuti kubera ubutumwa bugufi bw’urukundo Marina yohererezanyaga na The Ben.

Icyo gihe byarangiye Edsha abonye ko atakomeza kurwanira na The Ben umukobwa ngo ahitamo gukuramo ake karenge ariko ashengurwa cyane n’uburyo The Ben ukundwa n’abakobwa benshi yamutwara uwo yari yarihebeye. 


Kuva icyo gihe Marina yatandukanye na Edsha ariko bivugwa ko Edsha yananiwe kubyakira ku buryo akomeje gushyira hanze amafoto ye aryamanye ku buriri na Marina ndetse bagotomerana iminwa ku rwego rwo hejuru.

Aya mafoto rero bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamufashije kuyakwirakwiza ku buryo abantu benshi bamaze kuyatera imboni.


Twabibutsa ko Marina yazamuwe na Uncle Austin wari umujyanama we n’ubwo byanavuzwe ko ariwe watumye The Ben yigarurira Marina akamutwara Edsha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Makanyaga yavuze ikintu gitangaje yakoraga mbere yo kwinjira muri muzika

Undi mukobwa yiganye Paccy kwifotoza yashyizeho ikoma, ashiduka ubwambure bwe bwose bugaragara(Amafoto)