Umukinnyi Abdul Rwatubyaye ntakibarizwa mu Rwanda nyuma yo gusiga asinya muri Rayon Sport ntanayikinire n’umukino n’umwe ahubwo mbere yuko agenda akaba yaragiye hari ibihuha bivuga ko yasinye andi masezerano muri APR FC,gusa ibi bihuha babuze gihamya kuberako kuri iyi saha uyu musore atari mu Rwanda.
Ifoto yateje impagarara mubafana niyo yashyize kurubuga rwe rwa instagram mu mwaka wa 2015 utangira gusa abafana be bakaba bakomeje kumubaza muri commentaire niba yagarutse gukina mu Rwanda batitaye ko iyo foto ari iyo mu mwaka ushize.



Hello! My name is AnnaMarkova, our company need to advertise on your website. What is your prices? Thank you. Best regards, Mary.
Our Email info@YEGOB HIT.com
Ndabona bikazee