in

Ifoto: Pasiteri yabeshye abakirisitu Diyama bakora ibidasanzwe

Muri bibiliya handitse ko mu minsi ya nyuma hazaza abakozi b’Imana badakora ibiri ukuri, ni muri urwo rwego hakomeje kugaragara abapasiteri benshi basa nk’aho barimo kwitwikira kurusha kubwiriza ijambo ry’Imana.

Mu gihugu cya Afurika y’epfo, hari umupasiteri wabeshye abantu ko aho bari bari hari diyama nyinshi ndetse abo baturage b’abakirisitu bahita bahashoka n’amasuka barahingagura karahava maze baraheba.

Nyuma y’uko bahebye, nibwo batangiye gutekereza ko uwo mupasiteri yaba yababeshye kubera ko ntayo babonye kandi bari baziko bagiye guhita bava mu bukene.

Abakirisitu bashotse igisambu baziko bagiye gukira baraheba.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Zimwe muri transfer zimaze gutitiza isi yose uburayi by’umwihariko.

Kiyovu Sport yamaze kwibikaho imashini y’ibitego amakipe iraje iyamare.