in

Ifoto: Bwa mbere Davis D yerekanye umukobwa yihebeye ubuzima bwe bwose

Davis D umwami w’abagore ubu ntakiri umwami wabo Bose kuko yagaragaje uwo yihebeye ubuzima bwe bwose.

Davis D ni ifoto yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza umukobwa aherekesha amagambo ngo “Number one” cyangwa se “Nimero ya mbere” bigaragara ko amukunda cyane.

Bivugwa ko uyu mukobwa ukundana na Davis D bahuriye mu mahanga ubwo Davis D yazengurukaga amahanga akorayo ibitaramo.

Dore Ibyo Davis D yavuze ku mukobwa wamwigaruriye;

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Rayon Sports yiyemeje guha amahirwe ya nyuma umukinnyi umaze igihe kinini ari ku rwego rwo hasi

Mu marira Tuchel yagaragaje agahinda yatewe no kwirukanwa muri Chelsea aha ubutumwa abafana