in

Ifaranga ryo muri APR FC ariteye umugongo! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC yabonye Visa maze kumyaka 26 gusa ahitamo kwigira USA

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Nshuti Innocent yasezeye kubo babanye muri APR FC yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’America.

Nshuti Innocent w’imyaka 26 y’amavuko, ahagaritse umupira w’amaguru akaba agiye gutura muri USA.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

TdRwanda2024! Umwenda w’umuhondo ubonye nyirawo ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda 2024

Umukinnyi wa Rayon Sports WFC yaguye mu kibuga maze habura ubutabazi bwihuse