in

‘Icyo ubiba nicyo usarura’ Umunyamakuru wabaye Minisitiri yisubije Ambulance yari yahaye abaturage bo mu cyaro iwabo banze kumutora mu matora yari ahamganyemo n’ibikomerezwa

‘Icyo ubiba nicyo usarura’ Umunyamakuru wabaye Minisitiri yisubije Ambulance yari yahaye abaturage bo mu cyaro iwabo banze kumutora mu matora yari ahamganyemo n’ibikomerezwa.

Minisitiri Evelyn Anite wo mu gihugu cya  Uganda, yisubije Ambulance yari yarahaye abaturage bo mu cyaro iwabo.

Intandoro ya byose ni uko banze kumutora mu matora yo muri 2021.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Anite yanditse yemeza ko yisubije ibye kubera banze kumutora mu matora.

Si ibyo gusa aho yanageneye ubutumwa abo baturage aho yifashishije umurongo wo muri Bibiliya, Abagalatiya 6:7 uvuga ko ibyo umuntu abiba ko aribyo azasarura.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bishobora kumukoraho! Umukinnyi wa Manchester United waje afatwa nk’igisubizo akomeje kuba iciro ry’imigani nyuma yo gukora amakosa yatumye iyi kipe igarikwa

Hamenyekanye impamvu The Ben yarize nk’umwana muto! Alex Muyoboke yashyize hanze amabanga yose kuby’umubano wa The Ben na Bruce Melodie (VIDEWO)