Ubwo twaganiraga n’umwe mu bantu bimbere muri Rayon sports badutangarije ko, igitumye bahitamo kwikura mu gikombe cy’amahoro harimo, uko ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu Rwanda (FERWAFA) ritabahaye agaciro nk’ikipe nkuru ikwiye icyubahoro.
Uwo muntu ubwo yaganiraga na Yegob yagize ati”Ferwafa ibashije kwicara igatanga igihe uriya mukino wa peace cup wakimurirwa uzakinwa ariko itabangamiye umukino wa AS Kigali ndibaza ntacyo bitwaye twawukina”
Yakomeje agira ati”Ariko ikirarane cya as kigali mbere yo kujya muri camp y’a national ntago gisobanutse
Ikindi rayon sports ntago ari ikipe yo kubyuka mugitondo 9h30 ngo umukino wayo wa 12h30 nguwimure abakinnyi barikujya kukibuga habura isaha 2h ngo umukino ube, nurangiza wowe ferwafa ngo uwukuyeho uwimuriye undi munsi ntanibiganiro byabayeho byimura uwo mukino,Ntago babiteguye neza…harimo akajagari!!!ntago wafata ikipe
irare locale
Wishyure ikibuga
Ambulance
Croix rouge
Ball boys
Bus ya equipe
Frais de mission ku bakinnyi
Prime de match nurangiza ibyo byose,abakinnyi nibagera kukibuga ngo umukino urahindutse uretse nimikorere mibi harimo nagasuzuguro”