in

Icyamamare cyatutse abantu kirabandagaza kibahoye ikintu gisekeje

Ubwo abafana bamubazaga impamvu we muri iki gihe atananuka nk’uko abandi baba bananutse we aho kugira ngo abasubizane ubugwa neza ababwiza inani na rimwe abantu barumirwa.

Ni umukinnyi wa Film ukomoka mu gihugu cya South Africa abantu bamusanze kuri Twitter bati “Tubwire impamvu ituma utabyibuha” nawe mu kubasubiza ntiyihaye akabanga.

Yagize ati “Muri iki gihe cy’icyorezo cya Covid 19, abantu bari kubura akazi, abandi bari kubura ababo, none ngewe muragira ngo mbure ibiro byange hari untunze?”

Abantu bakimara kubona ibyo, bakubiswe n’inkuba bibaza impamvu babimubajije nuko bose barumirwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunnyi uteye nk’abahungu bamwambuye ubusa basanga n’umukobwa

Real Madrid nyuma yo kudahirwa kuri Mbappé, amaso ahanzwe umukinnyi wa Manchester City.