in

Ibyo yarabirenze! Umusirimu Cristiano Ronald ntakirangajwe ishinga no kwesa uduhigo ahubwo hari ikindi ashyize imbere y’ibindi byose

Cristiano Ronaldo w’imyaka 38 y’amavuko, yatangaje ko ibyo guca uduhigo bitakimuraje ishinga.

Kuvuga ko Ronaldo atarajwe ishinga no guca uduhigo birumvikana kuko yakoze uduhigo twinshi dutandukanye.

Ni umukinnyi wakoreye ibitangaza mu makipe akomeye nka Manchester United, Real Madrid na Juventus.

Ronaldo yagize ati “Ntabwo nitaye ku kuba naca uduhigo. Ubu mba ntekereza uko ikipe yacu yajya yitwara neza umukino ku wundi. Umutoza, abakinnyi ndetse n’abayobozi ba Al-Nassir bari gukora iyo bwabaga ngo ikipe ikomere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amarozi, ruswa, betting mu mupira w’u Rwanda! Nyuma yo kubona ko RIB yataye muri yombi abakekwaho uburiganya mu gutoranya abaziga muri Academy ya Bayern München, Sam Karenzi yahururije abasigaye

“Gukundwa ntibigurwa” Umusore wiyogoshesheje akandikamo izina rya The Ben mu musatsi we, yakoze ku mutima wa The Ben – Amafoto