in

NdabikunzeNdabikunze

Ibyo wamenya ku mugabo ufite ubugabo bunini cyane ku isi bugera ku mavi.

Umugabo witwa Jonah Falcon niwe ufatwa nk’ufite ubugabo bunini cyane ku isi arihariye kuko bivugwa ko ubugabo bwe bukabakaba mu mavi.

Jonah afite imyaka 54 yavukiye ahitwa Brooklyn, New York ho muri Amerika.

Uyu Jonah Falcon ubusanzwe akunda siporo cyane ndetse akaba n’ umunyamakuru kuri Televiziyo agakina na filime z’urukozasoni.Jonah yamenyekanye bwa mbere nk’ufite igitsina kiruta ibindi biriho kw’isi mu mwaka wa 1999.

Uyu mugabo avuga ko igitsina cye gipima santimetero 34.29 mu gihe cyahagurutse,avuga ko kandi bijya bimugora gusobanura ingano y’ubugabo kuko na we azi ko ari bunini cyane.Avuga ko abagore iyo bumvise uburyo igitsina cye kingana bamugaragariza ko batamwishimiye ko kandi ari umuntu mubi bikamutera ipfunwe.

Jonah avuga kandi ko anyura ahantu ,benshi bakamusaba kubereka ubugabo bwe ,abandi bakamubwira ngo abupimire imbere yabo kugirango bashire amatsiko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melodie yasohoye indirimbo nshya irimo umukobwa watumye acira inkonda

Mu gahinda kagaragara ku maso Yussef na Ayoub barebye umukino wa Rayon Sports na Musanze (Videwo )