urukundo
Ibyo umugore akwiye kwirinda gukora mu gihe ari gutera akabariro .

Nubwo koko ibintu bitagenda neza uko byifuzwa, ko nta munoza wo mu gitanda, hari ibintu bimwe na bimwe umugore aba akeneye kumenya mu gihe ari gutera akabariro kugirango we n’uwo bari kumwe babashe kunezezwa n’icyo gikorwa.
Nkuko bimenyerewe ko gutera akabariro biza mu bikorwa bya mbere bikomeza urugo iyo byakozwe neza, ni ngombwa rero ko umugabo cyangwa umugore amenya uburyo bukwiye bwo kwitwara neza mu buriri kugirango iyi ngingo irusheho kuba ipfundo rikomeye ry’urugo rwabo.
1. Gusuzugura ibyifuzo by’umugabo wawe
Mu gihe cyo gutera akabariro burya uko igikorwa kigenda kijya mbere ni nako ibyiyumviro byanyu bigenda bifata indi ntera kandi bikanahindagurika. Niba umugabo akubwiye ngo nkorera utya cyangwa se bigenze utya, wimusuzugura, gerageza gukurikiza ibyo agusabye kuko muri ako kanya aba yumva ari byo bimuganisha aho yifuza, nkuko nawe wabimusaba akabikurikiza.
2. Gushaka ko umugabo ariwe ubanza gukora igikorwa cya mbere
Kenshi na kenshi usanga umugabo ariwe ubanza gukora igikorwa cya mbere cyo gutangiza imibonano mpuzabitsina agakomeza wowe mugore usa n’kaho ntacyo wakora. Kuki udashobora kubimufashamo nawe akumva ko mufatanyije muri icyo gikorwa!. Urugero ugasanga umugabo niwe uri hejuru y’umugore ari gukora igikorwa wenyine naho umugore ariryamiye gusa ameze nk’ingiga y’igiti irambitse.
3. Guhatiriza umugabo ko yakurikiza uburyo bwawe mu gutera akabariro.
Ndabyumva ni byiza kwikunda, ariko ukamenya ko n’undi aba afite uburyo bwe bwo gukora ibintu kandi ankunda. Bityo rero, wowe mugore reka umugabo wawe nawe abe yagira uburyo akwereka bw’uko mwakoreramo imibonano mpuzabitsina.
4. Gushaka gutera akabariro hatabona.
Kuki washaka ko mukora imibonano mpuzabitsina itara rijimije? Abagabo ubundi baba bashaka kureba imiterere yawe myiza wakuyemo n’imyenda yose. Umugabo aramutse adakunda imiterere yawe, yaba yarakwirukanye, bityo rero ntiwarukwiye kuzimya itara mu gihe gukora imibonano mpuzabitsina. Erega niyo umugabo akubonye neza wese wambaye ubusa ya shusho yawe ihora imugarukira hanyuma bikamutera guhora agufitiye ibyiyumviro.
5. Kwitaba telephone muri mu gikorwa cyo gutera akabariro
Cyakora nukuri ibi biba bibabaje by’indengakamere. Ni gute ushobora kwitaba telephone mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina? Ese kuki udashobora kureka kwitaba telefone kugeza igihe murangirije icyo gikorwa? Inama nziza nuko byaba byiza muzimije telefone zanyu mu gihe mugiye muri icyo gikorwa.
6.Kwambara umupira w’imbeho uryamanye n’umugabo wawe
Biteye agahinda umugabo wawe kukubona uje mu buriri wambaye umupira w’imbeho, Icyo gihe niyo umugabo wawe yaba yarafite ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina buhita bushira. Gerageza nujya kuryama wambare utwenda tworohereye kandi tubonerana ku buryo umwenda w’imbere ugaragara,icyo gihe bizatera umugabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku buryo bwihuse.
7. Kuryama hejuru y’umugabo wawe wegeranyije amaguru
Ibi ntabwo bikwiye na gato, bikwiye guhinduka ku bagore bamwe na bamwe babikora batyo ntacyo bitayeho, kuko bibangamira umugabo ku rwego ruhambaye. ibaze nawe, ni gute ushobora kumera nk’uri guhobera umugabo wawe mu gihe mugiye gukora imibonano mpuzabitsina? Gerageza byibuza umuryame hejuru maze usigemo akanya gato hagati yawe nawe maze n’amaguru use nkuyatagaranya, ibi bizatuma umugabo yongererwa ubushake mu gihe mugiye gukora imibonano mpuzabitsina kandi bitume aryoherwa cyane.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Miss Josiane nyuma yo ku muterera ivi akambikwa impeta n’umukunzi we, ibyabo byarangiye gute ?
-
Imyidagaduro11 hours ago
Fiancée w’umuhanzi Emmy aratwika koko! Igitangazamakuru gikomeye ku isi cyatangariye ubwiza bwe
-
inyigisho17 hours ago
Musore, niba ushaka gutereta umukobwa bwa mbere bigacamo banza uzirikane bino bintu by’ingenzi.
-
imikino9 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bazabanza mu kibuga ku munsi w’ejo mu mukino uzabahuza na Uganda Cranes bamaze kumenyekana
-
inyigisho9 hours ago
Uziko burya gusomana bigabanya umuvuduko munini w’amaraso mu buriri bikagabanya n’umubyibuho ukabije
-
Imyidagaduro10 hours ago
Jules Sentore yakoresheje amagambo yuzuyemo urukundo rwa kibyeyi maze yifuriza umukobwa we isabukuru nziza
-
Inkuru rusange13 hours ago
Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.
-
Izindi nkuru5 hours ago
Havumbuwe impamvu za slayqueen zisigaye zijya gushakira amaronko i Mahanga zisize abakire hafi yazo