in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ibyo Tiwa Savage akoze nyuma y’amashusho y’urukozasoni ye n’umukinnyi ukina filime z’urukozasoni yagiye hanze.

Umuhanzi wo muri Nijeriya, Tiwa Savage kuri ubu ni we ukomeje kuvugwa cyane nyuma yo kugaragara mu mashusho y’urukozasoni ari ku mwe n’umukinnyi wa filime z’urukozasoni muri iki gihugu.

Nubwo benshi byabatunguye kubona uyu muhanzikazi ari mu bikorwa bigayitse, kuri we yagaragaje ko ntacyo bimubwiye ndetse ubuzima bugomba gukomeza uko byagenda kose . Nyuma ya gushyirwa hanze agatamazwa mu mashusho y’ubusambanyi , Tiwa yanyarukiye ku rubuga rwe rwa Instagram maze yishyiraho amashusho y’imbyino #challenge mu ndirimbo ye yitwa Sonbody’s Son avuga ko iyi ndirimbo imushimisha ndetse asaba abafana be kwishimana na we.

Uyu muhanzikazi yasaga nkaho atuje rwose nta kibazo na kimwe afite ndetse nk’aho ntacyabaye.

https://www.instagram.com/p/CVNew2qMIoz/?utm_source=ig_web_copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Vestine na Dorcas barigendeye! Amarira yari menshi ubwo basezeraga M. Irene

Musore! Cheri wawe nakwereka ibi bimenyetso uzamenye ko atagukunda by’ukuri