in

Ibyo ifi yikora mu mazi sibyo yikora ku butaka! Arsenal urugendo rwayo rwo muri Europe league rushyizweho akadomo

Irushanwa rikomeye ku mugabane w’Iburayi Europe Champions league ryari rwakomeje mu mikino yo kwishyura ya 1/8 aho ikipe ya Arsenal yari yasuwe n’ikipe ya Sporting Lisbon yo muri Portugal.

Umukino waje kurangira ari igitego kimwe kuri kimwe biba ngombwa ko bakina indi minota 30 ariko biba ibyubusa hitabazwa penarite.

Ikipe ya Arsenal itsindiwe iwayo kuri penarite 5:3 ihita ikurwa mw’irushanwa, naho ikipe ya Sporting Lisbon ikomeza muri 1/4.

Gabriel Martinel niwe uhushije penarite ya Arsenal ari nabyo bitumye isezererwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Davis D yahishuye ibanga rikomeye ku mukobwa yakoresheje mu ndirimbo ye nshya

Musore urakenyera ukenga igihe umukobwa mukundana akugaragariza iyi Mico kuko ntagukunda niyo wateka ibuye rigashya azakubabaza