Kuri uyu wa gatanu, nibwo Bruce Melody yageze ku butaka bw’u Rwanda avuye gukora ibitaramo I Burundi ndetse akaba yarageze agahita atabwa muri yombi kubera uburiganya bamushinjaga.
Yavuze ko muri gereza I Burundi nta kwigengemvya ndetse avuga ko ashimira abarundi Bose bamubaye hafi ashimira u Rwanda n’u Burundi byagiye mu kibazo cye akagaruka mu Rwanda amahoro.
Yavuze ko impamvu yatwaye Kandi imodoka ye mu Burundi kwari ukugira ngo atajya gukodesha imodoka z’abandi Kandi nawe afite imodoka Kandi nziza.
Icyakora ntago yigeze avuga ku kibazo cy’ifungwa n’ifungurwa rye kuko we nta bumenyi buhagije mu mategeko afite ibyo aza