in

Ibyiza 3 byo kuryama ugaramye

Ibyiza 3 byo kuryama ugaramye

Akenshi twese turyama bitandukanye, kandi buri wese aryama m’uburyo yumva bumuha amahoro, gusa hari bumwe mu buryo waryamamo bukagufasha cyane.

Muri ubwo buryo harimo nko kuryama ugaramye ndetse no kuryama wubitse inda.

Dore ibyiza byo kuryama ugaramye.

1.Kuryama ugaramye bigufasha kugabanya uburibwe bw’umugongo ndetse n’izindi ngingo zahuye n’amavunane.

2. Kuryama ugaramye bituma amaraso atembera neza bikaba byakugabanyiriza amahirwe yo kurwara imivuduko y’amaraso ndetse n’izindi ndwara z’umutima.

3. Kuryama ugaramye bituma utekereza neza ndetse bukagufasha kutibagirwa vuba.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Hamenyekanye umukinnyi uzaba kapiteni ku mukino w’Amavubi na Mozambique

Urujijo rwari rwose! Ni gute umugabo wari ugiye gushyingurwa yaje kwitabira uwo muhango we aturutse muri kajugujugu kandi abantu bari bazi ko bagiye kumutaba (VIDEWO)