in

Ibyishimo byamurenze: Umuhanzi Ed Sheeran yikojeje mu bicu nyuma y’inkuru nziza yakataraboneka yumvise ari murukiko

Umuhanzi ukomeye cyane ku Isi yose ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza yaramaze iminsi ari mu nkiko aho yarakurikiranyweho icyaha cyo gushishura indirimbo y’undi muhanzi.

Ed Sheeran washinjwaga kuba yarashishuye indirimbo yitwa ‘ Let’s get it on’ y’umuhanzi witwa Marvin Gaye akaba ari ndirimbo yakozwe mu myaka ya kera cyane kuko yakozwe mu 1973 ariko Ed Sheeran yashinjwaga kuba yarayisubiyemo ubwo yakoraga indirimbo yise ‘ Thinking out loud’ yashyize hanze mu mwaka wa 2014.

Ubu umuhanzi Ed Sheeran yagizwe umwere n’urukiko rwo muri Amerika rwitwa Manhattan yari yaragiyemo tariki 24 Mata 2023.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ndakuburiye: Dore ingaruka mbi zitegereje umuugore/umukobwa wambara utwenda tw’imbere tuzwi nka ‘string’

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze amatsiko abibaza niba Leandre Onana azakinira amavubi.