in

Ibya Kiyovu Sports bikomeje kuyoberana: Inteko rusange yari iteganyijwe yasubitswe kubera impamvu idasanzwe yatunguranye

Ibya Kiyovu Sports bikomeje kuyoberana dore ko uyu munsi hari inteko rusange y’umuryango wa Kiyovu Sports Association yasubitswe kubera impamvu idasanzwe yatunguranye.

Kuri uyu munsi tariki 02/07/2023 nibwo hari hateganyijwe inteko rusange yari guhuza ubuyobozi bwa Kiyovu Sports aho hari kuberamo amatora ikaba yaje gusubikwa kubera ubwitare budahagije by’abanyamuryango buteganywa n’amategeko.

Ubusanzwe amategeko avuga ko abanyamuryango bemerewe kwitabira iyi nama bagomba kuba byibuze ari 156 gusa kuri uyu munsi ntabwo higeze haboneka abantu bahagije kugira ngo inama ibasha kuba ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko umunsi inama izasubukurirwaho bazawutumenyesha.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje; Umubare wabanywa inzoga wazamutse umujyi wa Kigali uri kumwanya wa nyuma

Ubyina ihagaze! Imyambarire ya bakobwa i Rubavu ku mucanga yatuma bamwe bapfa mu mutwe maze ingingo z’umubiri zigatangira kwigaragaza (AMAFOTO)