in

Ibya Kanye West iyo bibize ateruraho, kuri ubu yatandukanye n’ikizungerezi bari bamaranye amezi 2 Gusa bavugwa murukundo

Kanye West ibyo akozeho byose birayonga nyuma y’aho atakarije akayabo ka miliyari 2 z’amadolari , ndetse ibigo by’ubucuruzi byinshi bakoranaga bikamwiyomoraho, kuri ubu n’umukunzi we bari bamaranye amezi abiri yamaze gutandukana nawe.

Gusa uyu mukobwa yamaze gutangaza ko ibyabo byarangiye. aya makuru yatangajwe na Juliana Nalu ku giti cye ubwo yasubizaga ibibazo abafana be bamubazaga kuri Instagram.

Icyakora bamwe mu bakurikira Juliana Nalu ku mbuga nkoranyambaga batunze agatoki imyitwarire ya Kanye West mu kugira uruhare mu gutandukana kwabo mu gihe abandi bavuga ko ari ikibazo cy’imyaka 21 arushwa n’uyu muraperi

Juliana na Kanye batandukanye bari bamaranye amezi 2 gusa.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwamagana: Umujura yatemye ukuboko umugabo yaje ku mwiba

Videwo: Madamu wa Gerard Mbabazi yatangaje abantu benshi kubera ijwi ryiza ndetse n’ubuhanga afite mu kuririmba