in

Ibitaro byafunzwe nyuma y’uko amagini afashe ku ngufu abarwayi n’abaganga agakanda udusabo tw’intanga abagabo bahakora

Abagore b’abaganga ndetse n’abarwayi b’igitsina gore batanze ikibazo ko hari amashitani ajya aza hagati mu ijoro akabafata ku ngufu ndetse agakanda udusabo tw’intanga agakurura n’ubugabo bwa bamwe mu bagabo baba kuri ibi bitaro.

Ikigonderabuzima cya Shale muri Zimbabwe cyahise gifungwa byihuse ndetse kikaba kigiye gukorwaho iperereza kugira ngo bamenye imva n’imvano y’ibyo bivugwa.

Bamwe bavuze ko babyuka bagasanga imyenda y’imbere ntayo bagifite ndetse mu myanya yabo y’ibaganga bigaragara ko bakoze imibonano mpuzabitsina ndetse abagabo bavuga ko babyuka bagasanga ayo mashitani yabakuruye ubugabo ndetse akanabakanda udusabo tw’intanga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Isi yacu iri ku musozo

Nubwo benshi bamushinja gusiga umurage akajya gushaka umutahe Cristiano Ronaldo akomeje gushyiraho uduhigo bizagorana ko hari uzadukuraho

Ifoto iteye ubwuzu yo mu bwana bw’umuhanzi Christopher