in

Ibitari byitezwe na benshi Uwase Muyango na Clapton Kibonke bagiye gukorana

Uwase Muyango na Clapton hatangajwe ubufatanye bagiye kugirana ibitari byitezwe na benshi.

Uwase Muyango Claudine wabaye Nyampinga w’u Rwanda uberwa n’amafoto muri 2019, na Clapton Kibonke nibo bazayobora igitaramo Iwacu Comedy Show, cyateguwe na n’Itsinda rya Zuby Comedy rigizwe na Sam ndetse na Seth.

Ni igitaramo giteganyijwe kuba ku itariki 6 Ugushyingo 2022 muri Camp Kigali, aho hazaba harimo abanyarwenya batandukanye ndetse bakomeye, barimo Mc Tricky uzaturuka muri Kenya ndetse na Kanyamukwego, Rusine, Fally Merci ndetse na Zuby Comedy bateguye iki gitaramo.

Iki gitaramo kije gikurikira icyo Rusine Patrick yakoze kandi aba nyarwenya bose icyo bahurizaho nuko uruganda rwa Comedy mu Rwanda rurimo kugira isoko rigari mu buryo bwihuse.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indi nzovu yamaze guhanuka, Imvune ya Halaand yateye ubwoba abakunzi b’umupira

Umunyabigwi Jimmy Gatete yazamuye amarangamutima y’abakunzi ba Rayon Sports nyuma yo kuyivuga imyato