in

“ibise azabyigira kangahe” abantu bagaragaze umujinya batewe n’uko Adili yanze kuvugisha itangazamakuru.

Ku munsi wo ku wa Gatandatu nibwo habaye umukino w’ishiraniro hagati ya APR FC na Rayon sport aho ari amakipe asanzwe ari amakeba ku buryo bukomeye.

Uyu mukino Nk’uko bisanzwe wari washyuhijwe nk’indi yose ndetse abafana bari babukereye bitegura kubona amakipe yabo atsindaguranywa ku buryo bukomeye.

Gusa ntabwo ariko byagenze kuko umusifuzi umupira yawurangije nta kipe n’imwe ibashije kureba mu izamu ry’iyindi amakipe yose akaba yaranganyije 0-0 umukino wavugako not bitangaje byabayemo.

Ahubwo nyuma nibwo have kugaragara ikindi kintu abanyamakuru bamwe bafashemo ko ari agasuzuguro kuko Adili yanze kuvugisha itangazamakuru bwa Kabiri kubera ko mu banyamakuru bamusabaga ijwi hari harimo Radio 10 na Flash Fm.

Ibi bikaba byari byaranabaye ku mukino wa Shampiyona wabanjirije uyu wa Rayon na APR FC Aho n’ubundi yanze kuvugisha itangazamakuru nyuma y’umukino.

Adili ashinja aba banyamakuru kumusebya ndetse no kumuvugaho ngo amagambo atari meza ndetse bakaba banavuga ku buzima bwe bwite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo kurya byagufasha guhangana na kanseri y’ibere

“Ntewe ishema no kwitwa papa wawe muhungu wanjye” amagambo Kimenyi Yves yabwiye umuhungu we wujuje amezi 6