in

Ibirori biragwira, Umukobwa w’uburanga n’imiterere idasanzwe yakoze ibirori byo kwishimira imyaka 10 amaze akuyemo igice abandi bagore bahora bifuza

Umukobwa w’uburanga n’imiterere idasanzwe yakoze ibirori byo kwishimira imyaka 10 amaze akuyemo nyababyeyi ye.

Umukobwa witwa Eve Onyedikachukwu, yavuze ko yishimye nyuma y’imyaka 10 akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza kubyo yakoze.

Iyi nkumi yavuze ibi ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Facebook, ati” Uyu munsi ndishimira imyaka 10 ishize nkuyemo Nyababyeyi kuko ntampamvu yo kuzana umwana hano ku isi udafite icyo ku mutungisha, bityo rero ntabwo nicuza kubyo nakoze ahubwo ndabyishimira”.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa Radio ikomeye yatabarije kuri micro ko badaheruka guhembwa bagiye kuba amabandi

Ni akumiro: Mu buryo bugayitse umugore yiherereye amazirantocyi muri Arimantasiyo (Super Market) gusa bitunguranye yafashwe na Camera(Videwo)