in

Ibintu byahinduye isura ubushyuhe butangiye kwica abantu

Ikibazo cy’ubushyuhe bukabije mu Bihugu by’u Burayi Amerika ndetse n’u Bushinwa, cyafashe indi ntera ku buryo hari n’abo bwatangiye guhitana.

Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za America, yatangaje ko hari umusaza w’imyaka 70 wasanzwe mu nzu yapfuye nyuma y’uko atatse ko afite ikibazo cy’ubushyuhe, gusa ngo baracyasuzuma ngo barebe niba koko ari bwo bwamwishe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikinyobwa cya Fanta mu Burundi bari ku giteraniraho imitwe

Noneho muramukunda kurushaho: Umutoza mushya wa Rayon Sports yatangaje amagambo akomeye ku ikipe ya Murera