in

Ibintu 6 umukire adashobora ku kubwira bishobora gutama uba umukire kumurenza

Ibintu 6 umukire adashobora ku kubwira ku mafaranga.

Burya nubwo ubona abantu bakira hari byinshi baba baranyuzemo kandi inzira izo arizo zose byanyuramo nta muntu ukira atarabivunikiye.

Rero hari Amabanga 5 abakire badakunze kubwira abandi bantu bose.

1.Nta faranga ry’umukire rigendera ubusa, rimwe na rimwe ushobora no kubona aguhaye amafaranga, ariko ntago aba ari ay’ubuntu ahubwo nawe aba afite aho azungukira.

2. Ntukaryame igihe cyose utabasha kwinjira uryamye.

3. Umukire amafaranga ye ayakoresha mu kugura andi mafaranga ntamukire ubika amafaranga ye.

4. Ikintu gikomeye abakire bazi ni uko ikosa ry’umunota umwe gusa ryasibanganya imitamenwa, inshuti, amafaranga n’ibindi byinshi cyane yagezeho mu myaka 20.

5. Ntukereke intsinzi yawe buri muntu, kuko abantu bose ntibishimira  gutsinda kwawe.

6. Nta mukire ugira inshuti magara nyinshi, burya ngo uko ugira inshuti nyinshi niko uba uri kongera amafaranga agusohokamo.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanywa agacupa bahise bajya kwisengerera nyuma yo kumva inkuru nziza y’uko abagabo bongejwe iminsi y’ikiruhuko cyo kubyara

Aho bucyera uyu mutoza arayisiga yitahire! Umutoza wa Rayon Sports yaguye mu kantu acyumva ko Luvumbu yise inzererezi yo mu kibuga agiye kuza mu ikipe atoza ndetse kandi akaba ari na we uzaba ari umucunguzi