in

Ibintu 3 by’ingenzi ku bagabo n’abasore bikurura abagore n’abakobwa

Ibintu 3 by’ingenzi ku bagabo n’abasore bikurura abagore n’abakobwa.

Akenshi nubwo abagabo bibwira ko aribo bakururwa n’abakobwa cyangwa abagore , ariko usanga n’abakobwa bafite ibibakutura byinshi ku basore, dore bimwe mu bikurura abakobwa ku basore.

1.Ubwiza, ubwiza bw’umusore bugira uruhare rukomeye cyane mu gukurura abakobwa, kuko umusore wese mwiza iyo anyuze ku bakobwa bamwibazaho.

2. Amafaranga, Amafaranga nayo agira uruhare cyane mu gutuma abakobwa bakunda umusore, akenshi iyo bakubona wambaye neza birabakurura cyane kuko uba ugaragara nk’ufite amafaranga.

3. Igihagararo n’imiterere, ibi ni ibintu byingenzi cyane kuko abakobwa benshi bakunda abasore bashinguye cyane, bafite amatuza, barebare n’ibindi byinshi bigaragaza ko umusore ateye neza.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubanza ubugabo yaburushaga ikimasa: Umukobwa yasohotse mu nzu avuza induru igikorwa kitarangiye nyuma yibyo umugabo yamukoreye hafi kumuheza umwuka(Videwo)

“Njye mbonye ama beer” Abantu biganjemo abagabo bakomeje gutangazwa n’umugeni ufite imyanya y’ibanga y’abagabo kandi ari umugore (AMAFOTO)