in ,

Ibijyanye na East African Party izaba ku nshuro ya 11 ikabera muri pariking ya stade amahoro tariki ya 01/01/2019

Ku itariki ya 01 Mutarama 2019 muri parikingi ya Stade Amahoro i Remera hateganyijwe igitaramo cya East African Party 2019 kizaba kiba ku nshuro yacyo ya 11. Muri iki gitaramo hazaba harimo abahanzi batandukanye barimo Yvan Buravan, Bruce Melodie, Riderman ndetse na Social Mula mu gihe umuhanzi mukuru watumiwe muri iki gitaramo ari Meddy ubu wanamaze kugera mu gihugu cy’U Rwanda nyuma y’ibitaramo bitandukanye yagiye akorera hirya no hino ku isi.

Nkuko YEGOB yabitangarijwe na EAP ariyo itegura iki gitaramo cya East African Party batubwiye ko amatike yatangiye kugurishwa ubu abayashaka bakaba bayasanga kuri EAP OFFICE, KCT ndetse no kuri JUMIA.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uncle Austin yasubiyemo indirimbo ‘Ubanza ngukunda’ ya Meddy -YUMVE

Uko Miss Colombe Akiwacu yarashe kuri Miss Vanessa wahaye inkwenene umukobwa mugenzi we