in

Ibihano bikakaye biramuteganyirijwe: Pasiteri washutse abaturage bikarangira babuze ubuzima yagejejwe mu rukiko

Abantu benshi basigaye bakunda aba Pasiteri bakora ibitangaza ndetse bamwe bagashukwa ibintu bihabaye bishobora no gutwara ubuzima bwabo bitewe n’imyizerere baba bashyizwemo nabo Pasiteri.

Mu gihugu cya Kenya hari inkuru imaze iminsi ivugwayo mu binyamakuru bikomeye bitandukanye hano muri Afurika y’abaturage b’abakirisitu 109 bapfuye bashutswe n’umupasiteri witwa Paul Nthenge Mackenzie ngo biyicishe inzara kugira ngo bazuhure na Yesu vuba.

Ubu Pasiteri Paul Nthenge Mackenzie yagejejwe rwo muri Kenya aho akurikiranyweho ibyaha bikomeye by’iterbwoba.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imitungo irakora ishyano: Umugore wa Dani Alves ashishikajwe na gatanya aho guhangayikira umugabo uri muburoko

Soleil nyuma yo gutangaza ko agiye kongera kugaragara muri filime ya Bamenya, akomeje kugaragara mu isura nshya – AMAFOTO