in

Ibibazo umusore yabaza umukobwa akifuza ko baryamana

Hari ibibazo umusore aba akwiye kureka kubaza umukobwa kuko bishobora guhindura imitekerereze ye akaba yakwifuza gukora urukundo rwo mu gitanda.

Bimwe muri ibyo bibazo ni ibi bikurikira:

Ahantu h’ibanga ushobora gukora ku muhungu agahita ashaka ibintu ni he?

Iki kibazo gituma umukobwa ahindukira ahubwo akakubaza utubazo twinshi tujyanye n’ibyiyumviro byawe by’igitsina. Ibi bituma agenda abishaka gacye gacye.

Wambara iki iyo ugiye kuryama?

Iki kibazo gituma umukobwa atekereza uko aba yambaye kandi akenshi bigahura no guhita atekereza utwambaro dukurura abahungu cyane akunda kwambara iyo agiye kuryama.

Ese wigeze ubona (bikugwiririye cg wabigambiriye) abakunzi bambaye ubusa?

Iki kibazo gituma umukobwa arushaho gushushanya isura we n’umukunzi we baba bafite mu gihe bambaye nk’uko.

Uramutse uhawe amahirwe yo kubona umugabo utambaye bwa mbere, ni he wakwifuza kureba?

Iki kibazo kiza gisa n’urwenya ariko iyo umukobwa yanze kugisubiza umusore ashobora kumusaba gukoresha ibimenyetso by’amaboko agakora aho yahisemo.

Ese ni akahe kambaro uraramo kakurutira indi yose?

Umukobwa ubajijwe iki kibazo atangira kwiyumvisha ko umusore atewe ishema no kuba umukobwa yambara akambaro kamukurura.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntekereza ko umugabo wanjye ari mwiza” umugore utabona yababaje abatari bake

Amakuru meza cyane ku muhanzikazi Ariel Wayz