in ,

Ibibazo ikipe ya Liverpool igize mbere y’umukino ifitanye na Manchester United bishimishije abafana ba Man U n’abakinnyi

Mu kanya ku isaha ya saa saba n’igice nibwo kuri stade ya Anfield ruba rwambikanye hagati y’ikipe ya Liverpool iri mu rugo ndetse na Manchester United ya Jose Mourinho, gusa muri iki gitondo abakinnyi babiri b’ikipe ya Liverpool bakaba bagize ikibazo cy’imvune ku buryo kubanzamo kwabo biza kuza kubanza kwemezwa n’abaganga.Image result for alberto moreno and philippe coutinho

Nkuko tubikesha ikinyamakuru The Telegraph, mu myitozo yo gushyushya amaraso y’abakinnyi ya mugitondo, aba bagabo bombi baje kugongana bahuza amavi ku buryo bahise bava mu myitozo igitaraganya kugirango bajye kwitabwaho ariko nkuko The Telegraph ibivuga, ntagi bagize imvune ikabije, ariko kubanza mo kwabo mu kibuga biri buze kwemezwa n’abaganga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngiyi impamvu Tom Close yahisemo Tricia ndetse akanamugira umugore we

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda yigambye ko akunda ubusambanyi (AMAJWI)