in

Ibi ni ubunyamanswa bubi ! Amashusho y’umukozi wafungiranye umwana muto muri firigo umwana ari kurira cyane akomeje kubabaza benshi

Ibi ni ubunyamanswa bubi ! Amashusho y’umukozi wafungiranye umwana muto muri firigo umwana ari kurira cyane akomeje kubabaza benshi.

Ku mbuga nkoranya mbaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’abantu bafungiranye umwana muri firigo ndetse umwana ari kurira cyane atabaza.

Benshi bakomeje kwibaza Ese uyu muntu wafungiranye umwana ni umukozi cyangwa ni Mama we? Ese umuntu wafashe aya mashusho we ninde?, gusa benshi baravuga ko ashobora kuba ari abakozi babiri babikoze kuko nta mubyeyi wakora ibintu nk’ibi ku mwana we.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho irondo ryivanze n’ibisambo! Umuyobozi ukomeye muri Rayon Sports yagaragaye yambaye umwambaro wa APR FC ayiri inyuma – AMAFOTO

Umwana muto w’umukobwa yandikiye ibaruwa Perezida Paul Kagame maze abantu benshi bashesha urumeza nyuma yo kumva ubutumwa bwari buyikubiyemo – VIDEWO