in

Ibi nawe byamurenze: ibyo Christopher yaboneye mu Bubiligi ntibisanzwe(Videwo)

Muneza Christopher uherutse kwerekeza mu Bubiligi yagiriyeyo ibihe bidasanzwe dore ko yasanze zimwe mu ndirimbo ze bazimurusha.

Mu mashusho yagiye hanze nyuma yo gutarama yerekanye abari bitabiriye igitaramo cya Christopher ku bwinshi baririmbira hejuru indirimbo ye yitwa ‘Nibido’.

N’ubwo abiganjemo ari aba Diaspora bo mu Rwanda gusa ibi byamuhamirije ko ibikorwa bye birenga imbibi bikagera no mu bihugu bya kure.

Reba Videwo aririmbana n’abitabiriye igitaramo cye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Burya Niyo Bosco arabarenze”Urutonde rwa bahanzi 10 ba banyarwanda bakurikirwa kurusha abandi kuri YouTube 

Ibintu 5 byonyine umugabo nyakuri aba agomba gukorera umugore cyangwa umukobwa