in

“Ibi kandi biranareba Abafana” KNC yongeye guha ubutumwa amakipe yo muri shampiyona y’u Rwanda ayibutsa ubushongore n’ubukaka bw’ikipe ye ya Gasogi United

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yahaye ubutumwa amakipe yo muri shampiyona y’u Rwanda ayibutsa ubushongore n’ubukaka bwa Gasogi United.

Mu kiganiro Rirarashe, KNC yavuze ko Gasogi United yitegura buri kipe yose ku rwego rumwe batitaye ngo ikomeye cyangwa iyoroshye.

Ati “Ntabwo Gasogi United Ari iyo gushyira imbaraga mu kwitegura amakipe akomeye gusa, yagera ku yo abantu badafata nk’akomeye ikajenjeka, tugomba gufata amakipe yose kimwe kuko icyo dukeneye ni Amanota. Ibi kandi biranareba Abafana.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu The Ben yarize nk’umwana muto! Alex Muyoboke yashyize hanze amabanga yose kuby’umubano wa The Ben na Bruce Melodie (VIDEWO)

Bivuzwe na Muyoboke: Urwango ruvugwa hagati y’umuhanzi The Ben na Bruce Melodie ukuri kwarwo gutanzwe na Muyoboke ubazi neza bituma abantu bava murujujo