in

Ibi bizabazwa nde?: Amavubi yatewe mpaga

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatewe mpaga, kubera gukinisha Muhire Kevin afite amakarita abiri y’umuhondo, ku mukino Amavubi yanganyije na Bénin 1-1, mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika 2023.

Caf yanzuye ko ikipe y’igihugu y’u Rwanda iterwa mpaga y’ibitego 3- 0 nk’uko itegeko ribivuga ndetse no gutesha agaciro ubundi bujurire bwose kuri iki kibazo ku mukino wahuje Benin n’u Rwanda.

Bivuze ko urutonde

1.Senegal n’amanota 12

2.Mozambique n’amanota 4

3. Bénin n’amanota 4

4. Rwanda n’amanota 2

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ya modoka Bahavu Jeannette yatsindiye muri RIMA birangiye itashye kwa nyirayo – VIDEWO

‘Iyo aza kuba ari amaterano yari gushwanyuka’ Umusore yakandaguye amabuno y’umukobwa hafi kuyaturitsa ubwo bari mu ruhame (VIDEWO)