in

Ibaruwa y’amaraso n’amarira yandikiwe Prince Kid n’umugore we, yakanze abantu

Ibaruwa y’amaraso n’amarira yandikiwe Prince Kid n’umugore we, yakanze abantu.

Umunyamakuru akaba n’umusizi, Yves Nkuyemurujye yandikiye Prince Kid n’umugore we ibaruwa yise y’amaraso n’amarira.

Ni ibaruwa igarukamo inkuru yose ya Prince Kid, aho atangamo inama zuje ubuhanga ndetse akanasaba ubwiyunge hagati ya Prince Kid na Mutesi Jolly.

Yves asaba Kid gukomeza kwita ku mugore we Iradukunda Elsa utarahwemye kumwereka ko akanya kose yamwitangira.

Akomeza kandi asaba Kid kwegera Mutesi Jolly bivugwa ko ari watumye afungwa bakaganira ndetse bagacoco amasinde bafitanye.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haringingo Francis yabonye akazi mu ikipe nshya yo mu Rwanda isigaye izonga APR FC

Benshi babyambara batazi icyo bisobanura! Menya igisobanuro cyo kwambara imikufi n’udukomo byo ku maguru