in

Benshi babyambara batazi icyo bisobanura! Menya igisobanuro cyo kwambara imikufi n’udukomo byo ku maguru

Benshi babyambara batazi icyo bisobanura! Menya igisobanuro cyo kwambara imikufi n’udukomo byo ku maguru

Ntabwo ari buri wese uzambara iyi mitako ku maguru kuko bigedana n’umuco ndetse n’imyemerere cyangwa imirimbo.

Benshi bahitamo kwambara urunigi rumwe ku kaguru cyangwa bagafatanya amasaro menshi bakayakuramo uwo mutako.

Kugeza ubu igisobanuro cy’iyi mitako ntabwo ari nk’icyo yahoranye na mbere hose.Ese koko bisobanuye ko washatse ?.

Henshi mu bihugu , nk’uko kwambara impeta bisobanuye urushako , ninako muri ibi bihugu kwambara iyi mirimbo bisobanuye kuba warashatse nk’impeta [ Aho ni hamwe ]. Mu mateka y’ibihugu byinshi , umugeni yambaraga uyu murimbo kukaguru nk’ikimenyetso cy’uko yamaze gushaka.

N’ubwo bimeze bityo , mu Isi yanone , bavuga ko kwamabara uyu murimbo ku kaguru k’iburyo ari ikimentso cy’uko uwo ari mu rukundo kandi adahishira. Igituma byitwa ibihuha , ni uko hari abayambara kumaguru yombi.

Mu Isi yanone , ntabwo wabasha kumenya icyo bisobanuye kuko nujya mu bitaramo bitandukanye uzasanga ibyamamare bitandukanye bizambaye batambuka kuri ‘Red Carpet’ , aha ntabwo uzabasha kumenya igisobanuro.

Gusa kuri ubu hamwe na hamwe muri Africa iyo wambaye iyi mirimbo yo ku maguru bagufata nk’umukobwa udafite imico myiza ndetse rimwe na rimwe bakagufata nk’uwigurisha.

Gusa nanone hari ibihugu byemera ko umukobwa yambara iyi mirimbo mu rwego rw’ubwiza.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibaruwa y’amaraso n’amarira yandikiwe Prince Kid n’umugore we, yakanze abantu

“Ndabona ikanzu y’abageni yakubera” : Mutesi Jolly yagaragaye mu mwambaro ujya kumera nk’uwabageni bagiye gukora ubukwe[AMAFOTO]