in

I Rusororo byari amarira n’agahinda mu muhango wo gusezera kuri ba baturage 11 bagwiriwe n’ubwanikoro bw’ibigori – AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gashyantare 2023, ni bwo mu Karere ka Gasabo humvikanye inkuru y’incamugongo y’abantu 11 bagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori, ubwo bari mu mirimo yo gutunganya umusaruro wabyo bahita bahasiga ubuzima.

Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Rusororo, Akagari ka Gataraga ahagana saa mbili za mu gitondo. Uretse abapfuye hanakomerekeyemo abandi 36 bahise batabarwa bajyanwa kwa muganga.

Kuri iki cyumweru tariki 5 Gashyantare 2023, byari amarira n’agahinda mu muhango muhango wo gushyingura aba 11 bitabye Imana, bashyinguwe mu irimbi rya Rusororo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe yo mu Rwanda bivumbuye basohoka mu kibuga ku munota wa 70 nyuma y’uko batsinze igitego kigaca inshundura umusifuzi akacyanga

Umutoza Haringingo Francis yatuye umujinya umukinnyi wa Rayon Sports watumye badatsinda Kiyovu Sports ikomeje kubandikiraho amateka mabi