in

I Nyarugenge umugore yahaze dunda ubwonko ahita ajya kujugunya uruhinja muri Nyabarongo bamufashe arabanyarira

I Nyarugenge umugore yahaze dunda ubwonko ahita ajya kujugunya uruhinja muri Nyabarongo bamufashe arabanyarira

Kuri uyu wa kane mu karere Ka Nyarugenge mu murenge wa Kanyinya ahagana mu masaha ya Saa saba zamanywa umugore yafashwe agiye kwiyahurana n’umwana w’uruhinja.

Uyu mubyeyi uri mu kigero k’imyaka 35 yavugaga ko yasenyewe inzu ariko kubyihanganira bikamunanira agahitamo kujya kwiyahurana n’umwana.

Gusa ubwo yamaraga kubwira umwana amagambo yanyuma agiye kumuta mu mazi abantu bari bari aho bari bari kumucungira hafi, umusore wari hafi aho yahise yiruka aramufata.

Gusa abaturanyi be bavuga ko abeshya atigize asenyerwa, ndetse n’umugabo we avuga ko batigize basenyerwa kuko bakodesha.

Ubwo uyu mugore yafatwaga yari yataye umutwe cyane kugeza naho yakuyemo imyenda ku karubanda akanyara aho. – reba videwo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: Umusore w’imyaka 28 yagurishije umurima maze amafaranga arayasesagura abonye ashiriwe yigira inama yo kwiyaka ubuzima

Umugabo n’umugore bagiye gusezerana imbere y’amategeko bajyana n’umwana wabo ubundi ubwo ababyeyi bari bari kurahira umwana yahise akuramo agapipi ke anyara aho bari gusezeranira imbere y’amategeko – Videwo