in

‘I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye’ Ikipe ikomeye muri iyi minsi kubereka gutitiza umugi isinyishije umukinnyi w’iyindi kipe nayo itoroheje

‘I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye’ Ikipe ikomeye muri iyi minsi kubereka gutitiza umugi isinyishije umukinnyi w’iyindi kipe nayo itoroheje.

Niyonzima Olivier SEIF yamaze gusinya mu ikipe ya KIYOVU SPORTS.

Uyu musore ukina mu kibuga hagati yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe muri iyi yambara umweru n’icyatsi.

 

Ashobora kuba na Kapiteni…

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bigeze aho biryoshye ! Element ukomeje kwigarurira imitima ya benshi agiye kuzenguruka Afurika

Biviriye ku ruganda mu Bushinwa ureke bimwe byo gutuma abandi bakaguha izajogotse bagenda bakanika! Ikipe iri kubura umutwe mu Rwanda yamaze kugura imodoka y’akataraboneka izajya itwara abakozi bayo bameze nk’abari muri Hotel y’inyenyeri 5 (Reba uko imeze)