in

I Kigali, umupasiteri yanze kujya gukora umurimo w’Imana kubera umukino wa APR FC na RAYON SPORTS wo ku cyumweru

Pasiteri yanze kujya gukora umurimo w’Imana kubera umukino wa APR FC na RAYON SPORTS wo ku cyumweru.

Umukino wa Rayon Sports izakirwamo na APR FC ugiye gutuma umupasiteri asiba igiterane ku mugaragaro.

Uyu mukino uteganyijwe kuri iki cyumweru tariki 29 Ukwakira kuri Pelé Stadium.

Kuri uwo munsi kandi hari igiteramo cyateguwe n’umuhanzikazi Mwiza Zawadi afatangiye na Danny Mutabazi ndetse na Gisubizo Ministries.

Abateguye icyo gitaramo, batumiye Umupasiteri maze abahakanira ababwira ko azaba ari kuri Pelé Stadium yagiye kureba umukino wa APR FC na RAYON SPORTS.

Ubwo uyu mupasiteri utavuzwe izina na InyaRwanda dukesha iyi nkuru, yatumirwaga muri iki gitaramo cy’ivugabutumwa, yavuze ko ataboneka kuko hazaba hari umukino wa APR FC na Rayon Sports. Yagize ati: “Rayon Sports izaba iri gukina nari kuzaza.” Yanavuze ko yamaze kugura itike y’ibihumbi 10 Frw.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abaje kureba umukino barangariye ubwiza bwe! Cristiano Ronaldo yamenye ko umugore we Georgina Rodríguez yaje kumufana muri sitade maze nawe ibitego sukubitsinda abimarira mu izamu (AMAFOTO)

Afana imwe muri zo! Umukino wa Rayon Sports izakirwamo na APR FC ugiye gutuma umupasiteri asiba igiterane ku mugaragaro